Kwibuka 31: PSF izagira uruhare mu kubaka igihugu cyashegeshwe na Jenoside
Perezidente urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) Jeanne Francoise Mubirigi aratangaza ko abikorera mu Rwanda bazagira uruhare rukomeye mu kubaka igihugu cyashenywe na Jenoside yakorewe abatutsi aho bamwe mu bikorera icyo gihe bayigizemo uruhare ruziguye. Ni mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31
Ndera: Urubyiruko rurasabwa guhaguruka rwivuye inyuma rugahangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside
Kuri uyu wa 11 Mata 2025 I Ndera Hibutswe ku nshuro 31, abatutsi bishwe muri muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Muri iki gikorwa urubyiruko rwasabwe guhaguruka rwifashishije imbuga nkoranyambaga guhaguruka rukarwanya abapfobya n’abahakana Jenoside yakorewe abatutsi. Bacanye urumuri rw’icyizere bagaragaza ko ibyabaye
Coothegim ku isonga mu kwita ku banyamuryango bayo, bageze ku 189% mu guteza imbere ubuhinzi bw’icyayi
Cooperative y’abahinzi ba Gisovu Muko Coothegim abayigize barashima imiyoborere myiza ya komite nyobozi yabo ndetse no kwita cyane ku mibereho myiza y’abanyamuryango bayigize. Ibi bikaba byaratumye aba banyamuryango bose babasha kwiteza imbere ndetse bazamura imibereho myiza yabo. Ibi bakaba barabiganirije Rwandanews24 nyuma y’inteko
Rwandan Scholars Benefiting from RSIF Support Contributing to Africa’s Technological Advancement
Dr. Julius Ecuru, is Rsif Manager at The Regional Coordination Unit -icipe, has highlighted the positive impact that the 35 Rwandan students who have received RSIF funding to pursue their PhD studies have made on the country’s development. During an exclusive interview with journalists
Abanyarwanda bagera kuri 35 batewe inkunga na RSIF mu kwiga bagiriye akamaro igihugu
Umuyobozi wa RSIF (Regional Scholarship innovation fund), Dr Julius Ecuru aratangaza ko abanyeshuri 35 b’abanyarwanda aribo bamaze guterwa inkunga n’uyu mushinga mu kwiga icyiciro cy’ikirenga cy’amashuri makuru (PHD) kandi ko bagiriye akamaro igihugu cy’u Rwanda.Ni mu kiganiro kihariye yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’inama y’umunsi
Nyanza: Abasaga 500 bamaze imyaka 10 bishyuza ingurane z’ahakozwe icyuzi gihangano cya Bishya
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bari bafite imirima ahakozwe icyuzi gihangano cya Bishya, bavuga ko imyaka ibaye 10 babariwe amafaranga y’ingurane ku byabo byangijwe n’ubu bakaba batarayabona kandi ngo ntibahwemye gusiragira mu buyobozi bishyuza. Icyuzi gihangano cya Bishya kiri hagati
Ibi bintu ukwiye kubyitondera mu gihe ugiye gutereta bwa mbere
Ni kenshi usanga umusore akubwira ko yabuze umukundi kandi mu by’ukuri ntacyo abuze ahubwo ari uko atazi inzira abandi banyuramo ngo babashe kwigarurira imitima y’abakobwa. Kugira ngo umukobwa akwemerere urukundo ni uko hari imico aba yakubonyeho akayikunda ndetse akaba yizeye ko atazakorwa
Igisirikare cy’u Burundi kirahakana ko cyacyuye ingabo zacyo ziri muri RD Congo
Umuvugizi w’igisirikare c’Uburundi arahakana amakuru avuga ko ingabo z’iki gihugu zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu gihanganye n’inyeshamba za M23 zacyuwe. Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters ejo ku wa kabiri cyatangaje ko cyahawe amakuru n’amasoko ane yemeza icyurwa ry’izi
M23 yaba yafashe undi mujyi nyuma yo kwigarurira Bukavu
Mu mirwano ihanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko uyu mutwe wamaze gufata undi mujyi ari wo Uvira wo mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Amakuru aturuka muri Congo no mu bakurikiranira hafi uru rugamba ruhanganishije M23 n’igisirikare
Igitutu cy’Amahanga gishobora gutuma Besigye arekurwa
Umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’icyongereza, Commonwealth wahamagariye Uganda, kimwe mu bihugu 56 bigize uyu muryango, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, uvuga ko ifungwa rye ryabangamiye demokarasi n’uburenganzira bwa muntu. Cyokora Perezida Yoweri Museveni yamaganye impungenge zijyanye n’ubuzima bwa Besigye, avuga
