Rwanda Steps Up Fight Against Lead
The environmental protection organization ARECO Rwanda Nziza has launched a national campaign aimed at reducing the use of lead, a toxic chemical commonly found in paints. The initiative took center stage during the week of October 19–24, 2025, which was dedicated to raising
Minisitiri w’ubuhinzi arasaba abaturage kubungabunga ibiti byatewe
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ukwakira 2025 ubwo yari mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Cyanika, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Mark Cyubahiro Bagabe yasabye abarezi , abanyeshuri n’abaturage muri rusange kubungabunga ibiti by’imbuto byatewe mu rwego rwo kurwanya inzara no
Ikinyabutabire cya lead gikoreshwa mu marangi cyatangiye kuvugutirwa umuti usharira
Umuryango urengera ibidukikije ARECO Rwanda nziza watangije urugamba rwo kugabanya ikoreshwa ry’ikinyabutabire cya lead gikoreshwa mu gukora amarangi. Ibi ni ibikubiye mu bikorwa bitandukanye byaranze icyumweru cyatangiye ku itariki ya 19 – 24 Ukwakira 2025 cyo kwirinda ikoreshwa ry’iki kinyabutabire aho uyu muryango
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze ku gaciro k’asaga miliyari 5.7 Frw
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko agaciro k’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu gihembwe cya 2 cya 2025 wari miliyari 5 798 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba yariyongereye ugereranyije na miliyari 4 966 yariho mu gihembwe nk’icyo cya 2024. NISR yatangaje ko ibyo bipimo byafashwe
Musanze: Bagaragaje inyungu biteze ku muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi
Abaturage, abikorera ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bavuga ko biteze kungukira cyane mu munsi udasanzwe w’ubukerarugendo, ubwo hazaba umunsi wo Kwita Izina abana b’ingagi. Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20, hazitwa abana 40, biteganyijwe kuba ku itariki ya 5 Nzeri 2025, mu Kinigi,
Ibiciro ku masoko byiyongereyeho 7,3% muri Nyakanga
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,3% ugereranyije na Nyakanga 2024 mu gihe muri Kamena 2025 byari byiyongereyeho 7%. Muri Nyakanga 2025, ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 6,4%, ibiciro by’ibinyobwa bisembuye n’itabi
Igihembwe cya mbere cya 2025 gisize EAC yungutse miliyoni zisaga 800 $
Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) watangaje ko wungutse miliyoni zisaga 800 $ mu gihembwe cya mbere cya 2025, nyuma y’aho ibyoherezwa mu mahanga byiyongereyeho 47%. Ibiro bikuru bya EAC byatangaje ko habonetse umusaruro ushimishije w’ubucuruzi bwo hanze y’uyu Muryango, aho mu gihembwe cya
Ni ibiki bikubiye mu mahame mu by’ubukungu U Rwanda na RDC bashyizeho umukono
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) yashyize ahagaragara inyandiko nshya igaragaza ingingo zitandukanye z’urwego rw’ubukungu aho u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifite umugambi wo gufatanya mu iterambere. Ni bimwe mu byemejwe mu itangazo ry’amahame ku masezerano y’amahoro
U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Tanzania mu bijyanye n’ubukungu
U Rwanda na Tanzania kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Nyakanga, basinye amasezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho no gutangiza ibiro by’ihuriro by’Ikigo gishinzwe ibyambu cya Tanzania (TPA) i Kigali, hagamijwe guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi, nk’uko abayobozi babitangaje. Ibi biro bizafasha abacuruzi
Coothegim ku isonga mu kwita ku banyamuryango bayo, bageze ku 189% mu guteza imbere ubuhinzi bw’icyayi
Cooperative y’abahinzi ba Gisovu Muko Coothegim abayigize barashima imiyoborere myiza ya komite nyobozi yabo ndetse no kwita cyane ku mibereho myiza y’abanyamuryango bayigize. Ibi bikaba byaratumye aba banyamuryango bose babasha kwiteza imbere ndetse bazamura imibereho myiza yabo. Ibi bakaba barabiganirije Rwandanews24 nyuma y’inteko
