Ese Alliah Cool yateye gapapu Mutesi Jolly kwa Lugumi?

Amakuru ari kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga agaragaza impinduka zikomeye mu mubano w’ibyamamare bitatu. Mutesi Jolly na Saidi Lugumi bombi ntibagikurikirana kuri Instagram, ibintu byakuruye ibitekerezo byinshi mu bakoresha izi mbuga. Ibi bibaye nyuma y’uko Saidi Lugumi agaragaje ku mugaragaro amarangamutima afitiye Alliah Cool, aho yamwise “rukundo rwanjye” mu gitekerezo yashyize ku ifoto ye. Uyu […]

Continue Reading

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane.

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane, akaba ari we wa mbere abyaranye n’umukunzi we Jada Wallace. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ry’itariki 26 Mata 2026, Jada yagaragaje amafoto ateruye uruhinja ari mu bitaro. Bikuraho urjijo ku bibazaga niba koko atwite. Nubwo Wallace atigeze avuga Chris Brown mu buryo butaziguye, […]

Continue Reading

Ubwiza bw’inzu ya Mutesi Jolly mu bikomeje kwugarukwaho Ahantu hose.

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali, ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’ubwiza n’imiterere yayo igezweho. Iyi nzu igeretse Gatatu yubatswe ku buso bugari, ikaba irimo ibyumba byo kuraramo bitanu birimo icy’umwihariko cya nyirayo cyubatse mu buryo bugezweho […]

Continue Reading

Marina yamaganye Bad Rama wamwise umukobwa we.

Umuhanzi Marina yihanije Bad Rama amwibutsa ko ntaho bagihuriye ku buryo yavanga izina rye mu murongo mubi yahisemo w’ibikorwa byo guharabika u Rwanda anibasira abayobozi barwo. Bad Rama yifashishije imbuga nkoranyambaga, yasangije abamukurikira ifoto ya Marina ahamya ko ari umukobwa we nubwo batagikorana. Ati “Ni umukobwa wanjye, ntacyabihindura […] icyo nshaka kubabwira ni uko ari […]

Continue Reading

Umuhanzi Yago Pon dat arwariye mu bitaro muri Uganda.

Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi mu muryango yanditse kuri konti ya Instagram y’uyu muhanzi ashimira Imana ko yamurokoye iyi mpanuka yashoboraga no kumuhitana, ndetse asaba abafana be kumusengera. Iyi mpanuka yangije imodoka uyu muhanzi yari arimo yabaye ku […]

Continue Reading

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka.

Element EleéeH umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateguje abakunzi be indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi barimo Bien wo muri Kenya na Joshua Baraka wo muri Uganda. Element EleéeH ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho ari gukorera indirimbo abahanzi barimo Meddy, Emmy na Shaffy. Ubu yamaze guteguza indirimbo ye nshya yise ‘Ayayaah’ […]

Continue Reading

The Ben amaze iminsi arembeye mu bitaro.

Umuhanzi The Ben amaze iminsi ari mu bitaro kuva mu rukerera rwo ku wa Mbere, aho ari kwitabwaho n’abaganga nyuma yo kuremba mu ijoro ryo ku Cyumweru. Amakuru aturuka ku nshuti ze za hafi avuga ko ku Cyumweru yatangiye kugaragaza ko atameze neza, ariko uko amasaha yicumaga agenda arushaho kuremba kugeza ubwo ajyanwe kwa muganga […]

Continue Reading

Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato kimwe mu byaha Semuhungu akurikiranyweho.

Dosiye ya Semuhungu Eric uherutse gutabwa muri yombi, yagejejwe mu Bushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry niwe waduhamirije amakuru ko dosiye ya Semuhungu yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha. Amakuru Ahari nuko Semuhungu watawe muri yombi […]

Continue Reading

Abahanzi bazaririmba muri MTN Iwacu Muzika Festival bunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.

Abahanzi bazaririmba mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Nyanza ya Kicukiro, biyemeza ko aya mateka mabi yabaye atazongera kubaho ukundi. Ni igikorwa cyabaye ku wa Kabiri tariki ya 14 Mata 2026 mu gihe Abanyarwanda bari mu minsi 100 yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Continue Reading

Diamond Platnumz agiye kongera gutaramira i Kigali.

Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika by’umwihariko mu y’Iburasirazuba, yateguje igitaramo kizabera i Kigali ku wa 29 Kanama 2026. Iki gitaramo kiri mu byo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye yise ‘Retro Tour’. Azahera i Mwanza muri Tanzania ku wa 25 Mata 2026, akomereze muri Dodoma na Mbeya. Ibi bitaramo azabikomereza muri […]

Continue Reading