Marina yamaganye Bad Rama wamwise umukobwa we.

Umuhanzi Marina yihanije Bad Rama amwibutsa ko ntaho bagihuriye ku buryo yavanga izina rye mu murongo mubi yahisemo w’ibikorwa byo guharabika u Rwanda anibasira abayobozi barwo. Bad Rama yifashishije imbuga nkoranyambaga, yasangije abamukurikira ifoto ya Marina ahamya ko ari umukobwa we nubwo batagikorana. Ati “Ni umukobwa wanjye, ntacyabihindura […] icyo nshaka kubabwira ni uko ari […]

Continue Reading

Umuhanzi Yago Pon dat arwariye mu bitaro muri Uganda.

Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi mu muryango yanditse kuri konti ya Instagram y’uyu muhanzi ashimira Imana ko yamurokoye iyi mpanuka yashoboraga no kumuhitana, ndetse asaba abafana be kumusengera. Iyi mpanuka yangije imodoka uyu muhanzi yari arimo yabaye ku […]

Continue Reading

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka.

Element EleéeH umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateguje abakunzi be indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi barimo Bien wo muri Kenya na Joshua Baraka wo muri Uganda. Element EleéeH ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho ari gukorera indirimbo abahanzi barimo Meddy, Emmy na Shaffy. Ubu yamaze guteguza indirimbo ye nshya yise ‘Ayayaah’ […]

Continue Reading

The Ben amaze iminsi arembeye mu bitaro.

Umuhanzi The Ben amaze iminsi ari mu bitaro kuva mu rukerera rwo ku wa Mbere, aho ari kwitabwaho n’abaganga nyuma yo kuremba mu ijoro ryo ku Cyumweru. Amakuru aturuka ku nshuti ze za hafi avuga ko ku Cyumweru yatangiye kugaragaza ko atameze neza, ariko uko amasaha yicumaga agenda arushaho kuremba kugeza ubwo ajyanwe kwa muganga […]

Continue Reading

Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato kimwe mu byaha Semuhungu akurikiranyweho.

Dosiye ya Semuhungu Eric uherutse gutabwa muri yombi, yagejejwe mu Bushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry niwe waduhamirije amakuru ko dosiye ya Semuhungu yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha. Amakuru Ahari nuko Semuhungu watawe muri yombi […]

Continue Reading

Abahanzi bazaririmba muri MTN Iwacu Muzika Festival bunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.

Abahanzi bazaririmba mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Nyanza ya Kicukiro, biyemeza ko aya mateka mabi yabaye atazongera kubaho ukundi. Ni igikorwa cyabaye ku wa Kabiri tariki ya 14 Mata 2026 mu gihe Abanyarwanda bari mu minsi 100 yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Continue Reading

Diamond Platnumz agiye kongera gutaramira i Kigali.

Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika by’umwihariko mu y’Iburasirazuba, yateguje igitaramo kizabera i Kigali ku wa 29 Kanama 2026. Iki gitaramo kiri mu byo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye yise ‘Retro Tour’. Azahera i Mwanza muri Tanzania ku wa 25 Mata 2026, akomereze muri Dodoma na Mbeya. Ibi bitaramo azabikomereza muri […]

Continue Reading

Urupfu rw’Ashlee Jenae uzwi ku mbuga nkoranyambaga rukomeje kuvugisha benshi.

Umuryango w’umunyamerikakazi uzwi ku mbuga nkoranyambaga urimo gusaba ibisubizo nyuma y’amakuru avuga ko yapfiriye muri Tanzania aho yari yaragiye gutemberana n’umukunzi we Leta ya Tanzania cyangwa polisi yaho ntacyo baravuga ku makuru y’urupfu rwa Ashlee Jenae uzwi ku mbuga nkoranyambaga aho agaragaza imibereho y’ubuzima bw’agatatangaza. Urupfu rwe rwatangajwe bwa mbere ku cyumweru n’uvuga ko ari […]

Continue Reading

Umuhanzi Shallipopi wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Laho’ agiye gutaramira i Kigali.

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria Crown Uzama uzwi cyane mu muziki nka Shallipopi wamamaye mu ndirimbo zikunzwe n’urubyiruko hirya no hino muri Afurika, yatangajwe nk’umuhanzi mukuru w’igitaramo “Africast Fest: A Shallipopi Xperience” kizabera i Kigali ku wa 29 Gicurasi 2026. Africast Fest: NI igitaramo gitegurwa ku bufatanye bwa SKOL Malt na Bank ya Kigali, kikaba kiri […]

Continue Reading

Umukinnyi wa filime Clapton Kibonge yakoze ubukwe n’umugore we Ntambara Jacky.

Umunyarwenya akaba n’umwanditsi wa Filime Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge yakoze ubukwe n’umugore we Mutoni Ntambara Jacky bari bamaranye imyaka umunani bubakanye umuryango. Ni ubukwe bwaranzwe n’umuhango wo gusaba no gukwa byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Mata 2026 bibera Rwempasha mu Karere ka Nyagatare. Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye babarizwa mu myidagaduro […]

Continue Reading