The Nos could not Stop Paul Lamar Hunter
Interviewer: Paul, you recently launched Paul Lamar Hunter LLC. Can you tell us what this business is all about? Paul Lamar Hunter: Absolutely. Paul Lamar Hunter LLC is more than just a company it’s a platform for growth and empowerment. We operate across
Tariki 28 Nyakanga, ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara ya Hepatitis, Byinshi wamenya kuri iyi ndwara
Hepatitis ni indwara iterwa no kubyimba kw’igice cy’umwijima (liver inflammation). Iyi ndwara igira impamvu zitandukanye kandi ikaba ishobora kuba iy’igihe gito (acute) cyangwa iy’igihe kirekire (chronic). Hepatitis irimo ubwoko butandukanye, burimo Hepatitis A, B, C, D, na E, buri bwoko bukagira uburyo butandukanye
Harvesting Hope or Fear; The GMO Debate Continues
Icipe Scholars Host GMO Debate at Duduville Campus The icipe Scholars Association (IScA) hosted a debate on Tuesday at Duduville Campus, addressing the topic, “GMOs: A Solution to Food Security or a Risky Experiment?” The event attracted experts from across Kenya and scientists
Abatuye n’abakorera mu mazu ageretse mu Bugesera barataka kubura amazi
Hari abaturage batandukanye bakorera n’abandi batuye mu mazu ageretse mu mujyi wa Nyamata akarere ka Bugesera bataka bavuga ko Babura amazi mu mazu bakoreramo bityo bikabateza umwanda cyane cyane mu bwiherero ndetse n’igihombo ku bakoreramo ubucuruzi. Ubwo Rwandanews24 yageraga muri uyu mujyi yanyuze
Kigali’s Air Pollution Woes: A Deepening Threat to Residents’ Well-being
Kigali, the vibrant heart of Rwanda, has long been a shining example of tidiness and organization. But a disconcerting problem is starting to mar its image – the declining quality of its air. As the number of cars on the road increases, industries
Building Climate Resilience into Rwandan Water and Sanitation Utilities, How a Multi-Dimensional Risk Assessment Tool is Helping Local Service Providers
Rwanda is particularly susceptible to climate change impacts due to changes in precipitation patterns, increased frequency of droughts, and extreme weather events. The challenges also represent a major risk to the survival of water and sanitation utilities essential to public health and sustainable
Ibitaro La Croix du Sud bibaye ibya mbere mu kuvura kanseri zitandukanye
Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza imyaka 30 bimaze bishinzwe, ibitaro La Croix du Sud bizwi nko Kwa Nyirinkwaya, byatangije ibikorwa byo kwakira no kuvura abarwayi kanseri. Iki gikorwa kikaba cyatangijwe ku mugaragaro ku itariki ya 4 Ukuboza 2024 aho inzobere mu kuvura kanseri
Ibiza byishe abantu 48 mu mezi atatu -MINEMA
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. MINEMA ivuga ko mu bapfuye, babiri bahitanywe n’inkongi y’umuriro, umwe ahitanwa n’umwuzure abandi 30 bakubitwa n’inkuba naho 13
Abantu bashya 9 bandura VIH/SIDA ku munsi mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko virusi itera SIDA igihari abantu badakwiye kwirara, kuko abantu 9 bashya bandura iyo virusi ku munsi, bakaba biganjemo urubyiruko. Ibi byatangajwe kuri iki Cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya
Rulindo : Bombori Bombori hagati y’umuyobozi w’ishuri n’umwungirije
Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Shyorongi akagari ka Kijabagwe, ku ishuri rya GS Musenyi umuyobozi w’Ishuri wungirije ushinzwe amasomo ari mu mazi abira nyuma yo gutanga amakuru y’ubujura bukorerwa mu kigo n’amanyanga yabaye mu masoko,none uyu munsi akaba abizira. Ni ibibazo byagaragajwe mu
